Abanyamakuru banyuranye baravuga ko hari ibigo byaba ibya Leta cyangwa ibyigenga bikunze kwimana amakuru bikagera aho bitabaza izindi nzego zirimo n’Urwego rw’Umuvunyi...
Abakora mu rwego rw’ubuzima bavuga ko kubaga umurwayi hatabayeho gusatura ari kimwe mu bifasha umurwayi guhabwa serivisi nziza mu gihe cyo kubagwa...
Hagati ya saa tatu na saa yine z’ijoro zo kuri uyu wa Kane ni bwo impunzi 66 ziturutse muri Libya zageze mu...