Nyuma yo kumurikira abayobozi b’inzego z’ibanze Intore mu Ikoranabuhanga zahuguwe na Minisiteri y’Ikoranabuhanga (MINICT), kuri ubu izi ntore na zo zatangiye guhugura...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) irizeza abatuye ahantu hashyizwe amapoto y’amashanyarazi bataragezwaho umuriro w’amashanyarazi ko muri uyu mwaka iki kibazo kizakemurwa....
Ibarura rusange ry’abaturage ba Kenya ryakozwe mu kwezi kwa munani ibyarivuyemo byatangajwe uyu munsi, ku nshuro ya mbere hanabaruwe abantu batitwa ko...