Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko mu rwego rwo kurushaho guhangana...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje kugoboka abagizweho ingaruka n’icyorezo cya Koronavirusi, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu irashima abantu b’ingeri zinyuranye bakomeje kugoboka bagenzi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda habonetse abandi bantu 10 banduye COVID-19 iterwa na Coronavirus, bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara ugera...