Ku nshuro ya mbere Kabuga Félicien ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu yitabye urukiko asomerwa inyandiko ikubiyemo ibyaha akurikiranyweho maze byose arabihakana....
Polisi y’u Rwanda ivuga ko bikomeje kugaragara ko hari abantu benshi badohotse ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bityo ko ibihano byari bisanzwe...
Kaminuza Mpuzamahanga yigisha ibijyanye n’ubuzima rusange kuri bose, “University of Global Health Equity (UGHE)” igiye gutangiza Iserukiramuco ngarukamwaka “Hamwe Festival” rizamara iminsi...