Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye gushimangira ko gukemura impamvu-muzi zitera intambara mu burasirazuba bwa Congo n’umutekano muke mu karere ari wo...
Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga Dr Nsanzimana Sabin wari Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare, yagizwe Minisitiri w’Ubuzima....
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangiye ibikorwa byo gufungira mu gihe cy’iminsi 30 abacuruzi badatanga inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga zizwi nka EBM. Ni igikorwa kigomba gukomeza...