Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente arasaba abanyeshuri barenga 5700 basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda kuba umusemburo w’impinduka n’iterambere by’igihugu. Yabigarutseho mu...
Abarimu mu Rwanda baravuga ko kongererwa umushahara ari kimwe mu byatumye umwuga wa mwarimu urushaho kugira agaciro. Ibi babigarutseho ubwo u Rwanda rwizihizaga...
Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko kuba u Rwanda rwarashyizeho umunsi w’umwana w’umukobwa atari ukwirengagiza uw’umuhungu, ahubwo ko ari umwanya wo gusuzuma intambwe...