Imwe mu mijyi itandukanye yo ku isi igiye irimo ibibumbano byakozwe n’abanyabugeni kabuhariwe aho ibi bibumbano bikurura bamukerarugendo batari bacye bitewe n’ubuhanga biba byarakoranywe. Hari n’abatabasha kwihangana bigatuma bafata amafoto y’urwibutso.
Urubuga rwa Go.social rwashyize hanze amwe mu mafoto yakunzwe n’abantu batari bacye nyuma yuko banyiri kwifotozanya n’ibibumbano bayashyiriye ku mbuga nkoranyambaga zabo berekana ubuhanga budasanzwe ibi bishushanyo byakozwemo.
Banyiri gufata amafoto bakaba barasanishaga nicyo umunyabugeni yashakaga kwerekana cyangwa kwigisha abazabona icyo kibumbano.
Dore amwe mu mafoto abantu bakunze nyuma yaho banyirayo bifotoranyije n’ibibumbano



Uyu munyamerika we yifotoreje ku kibumbano yerekana uburyo cyamukoze mu mazuru
Iki kibumbano giherereye muri imwe muri pariki yo mu gihugu cy’Uburusiya. Bafotoye umwana ari kugerageza ku kibyinisha

Uyu mugabo yifotoje ari guhereza icyo kunywa ikibumbano mu kwerekana ibihe byiza yagiranye nacyo
Uyu mugore wifotoreje kuri iki kibumbano aturuka mu gihugu cya Canada,


Uyu ni Aarno Mugisha, umusore w’umunyarwanda umaze kwamamara mu bijyanye no kwerekana imideli no kugorora umubiri (Body Builder)


