APR FC izanye umutoza mushya

Nyuma y’aho ikipe ya APR FC itandukaniye n’umunya-Serbia Dr Ljubomir Petrović, yamaze gutangaza ko ubu ifite umutoza mushya witwa Zlatko Krmpotić

Nk’uko ikipe ya APR Fc yabitangaje ibinyujije ku rubuga rwayo, ku i saa mbiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa Kane ni bwo umunya-Serbia Zlatko Krmpotić yari yakiriwe n’abayobozi ba APR FC.


Uyu mutoza Zlatko Krmpotić yavutse tariki 07 Kanama 1958 akaba afite imyaka 60 y’amavuko, akaba yaravukiye muri Serbia mu mugi wa Bergrade. Zlatko Krmpotić yatoje amakipe nka don Bosco yo muri Congo, Zesco United yo muri Zambia, n’andi atandukanye.

Kanda utange igitekerezo

Subiza ku gitekerezo cyatanzwe

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
2 × 4 =


IZASOMWE CYANE

To Top