Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga Dr Nsanzimana Sabin wari Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare, yagizwe Minisitiri w’Ubuzima....
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangiye ibikorwa byo gufungira mu gihe cy’iminsi 30 abacuruzi badatanga inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga zizwi nka EBM. Ni igikorwa kigomba gukomeza...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko yatangiye iperereza ku modoka za HOWO zimaze igihe zivugwaho gukora impanuka. Kuva uyu mwaka watangira izi modoka...