Polisi y’u Rwanda iramenyesha abaturwanda batunze ibinyabiziga ko ibiciro byo gusuzumisha ubuziranenge bw’ibinyabiziga byahindutse nk’uko bigaragara k’ umugereka w’iteka rya minisitiri n°...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shyara, Akarere ka Bugesera bavuga ko Ubuhanzi buramutse bukoreshejwe neza bwarushaho kuba Umusingi uhamye wo...
Abaturage bo mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Nyakabuye, Akagari ka Nyabitare baratabaza nyuma yo kwizezwa ingurane y’amafaranga y’ibyabo byangiritse, imyaka ikaba...