Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye gushimangira ko gukemura impamvu-muzi zitera intambara mu burasirazuba bwa Congo n’umutekano muke mu karere ari wo...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangiye ibikorwa byo gufungira mu gihe cy’iminsi 30 abacuruzi badatanga inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga zizwi nka EBM. Ni igikorwa kigomba gukomeza...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko yatangiye iperereza ku modoka za HOWO zimaze igihe zivugwaho gukora impanuka. Kuva uyu mwaka watangira izi modoka...