Abagenda n’abaturiye imihanda 10 yo mu Mujyi wa Kigali iriho gushyirwamo kaburimbo bashimira ubuyobozi bw’igihugu uburyo iyi mihanda igiye guhindura imibereho yabo...
Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano bavuga ko ikibazo cy’impanuka zo mu muhanda gihangayikishije bagasaba inzego bireba kugihagurukira kuko zihitana ubuzima...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwahisemo gushyira umuturage ku isonga kugira ngo rubashe kugera ku byerekezo rugenda rwiha...