Ministri w’Intebe, Dr.Edouard Ngirente avuga kimwe mu byo u Rwanda rwakoze, ari ugukuraho imyumvire ko ubuhinzi ari urwego rukorwamo n’abakene kandi rutabamo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yijeje abadepite n’abanyarwanda muri rusange ko mu gihe leta ya Congo ikomeje ubushotoranyi, u Rwanda rwiteguye...