Kuri uyu wa kabiri, u Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rwa COVID19 ku ngimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka 12 na 18, igikorwa cyatangiriye...
Bamwe mu bagore n’abakobwa baravuga ko babangamiwe n’izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikoresho by’isuku bifashisha bari mu mihango bizwi nka cotex. Minisiteri y’ ubucuruzi...
Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS ryashimiye Umunyarwanda Mukantabana Crescence ku bikorwa bitandukanye yakoze bigamije kugaragaza ububi bw’itabi. ...