Ikipe ya Young Africans yasinyishije imyaka 2 Issa Bigirimana

Rutahizamu ukomoka i Burundi Issa Bigirimana wakiniraga APR FC, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans agomba gukinira imyaka ibiri

Issa Bigirimana usanzwe ari rutahizamu wa APR FC nawe wari umaze iminsi atari mu Rwanda, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans izwi nka Yanga, aho yayisinyiye imyaka ibiri.

Uyu rutahizamu wari umaze iminsi adahabwa umwanya wo gukina muri APR FC n’umutoza Zlatko, yerekeje muri iyi kipe aho bivugwa ko yari yerekeje muri Tanzania ikipe ye itabizi, akaba asanzeyo Sibomana Patrick nawe wasinye ku munsi w’ejo.

Kanda utange igitekerezo

Subiza ku gitekerezo cyatanzwe

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
5 + 23 =


IZASOMWE CYANE

To Top