Ni mu mukino wari wahuruje imbaga y’abafana batanduka wabereye kuri Stade Regional i Nyamirambo, aho ikipe ya AS kigali yari yakiriye Rayon Sports, umukino uza kurangira Eayon Sports itsinze AS Kigali ibitego 2-1.
Ibitego ku ruhande rwa Rayon Sports byatsinzwe na rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Ghana Michael Sarpong ndetse na Mugheni Kakule Fabrice.
Mu gihe igitego kimwe rukumbi cya AS Kigali cyatsizwe Ndarusanze Jean Claude.
Umukino wundi wa kimwe cya kabiri uzahuza Kiyovu Sports na na Police FC, kuri uyu wa Kane kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
