Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano, Gen. James Kabarebe yasabye urubyiruko gushikama rugahangana n’abaharabika isura y’u Rwanda banyuze ku mbuga nkoranyambaga. ...
Kuri uyu wa Mbere mu ntara n’umujyi wa Kigali hahembwe ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bahize abandI, ni mu marushanwa yateguwe na Minisitiri y’Urubyiruko...
Minisiteri y’urubyiruko n’umuco yahamagariye urubyiruko gukomeza kurangwa n’indangagaciro na kirazira by’umuco Nyarwanda kandi bitabira gukoresha ikoranabuhanga mu iterambere ry’Igihugu. Ibi byatangarijwe mu...