Umukinnyi Djabel yerekeje muri APR FC

Manishimwe Djabel wakinga muri Rayon Sports, yatunguranye agaragara mu myitozo ya APR FC kuri uyu wa mbere

Nyuma y’iminsi itatu Manishimwe Djabel atangaje ko yamaze kumvikana na Gor Mahia yo muri Kenya ko agiye kuyerekezamo, Manishimwe Djabel yamaze kuba umukinnyi wa APR FC.

Kuri uyu wa mbere mu myitozo ya APR FC, Manishimwe Djabel yagaragaye mu myitozo ya APR FC ari kumwe n’abandi bakinnyi bakinanaga muri Rayon Sports ari bo Manzi Thierry, Niyonzima Olivier Sefu ndetse na Mutsinzi Ange.

Kanda utange igitekerezo

Subiza ku gitekerezo cyatanzwe

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Solve : *
10 ⁄ 5 =


IZASOMWE CYANE

To Top